Umutesi Christine w’imyaka 22 ni we mwarimu w’Indashyikirwa mu rwego rw’igihugu muri uyu mwaka wa 2020. Gukomeza kwigisha no koroza abana inkwavu mu gihe…
View More Ruhango: Umwari w’umwarimu yahize abandi mu gihuguCategory: Imiyoborere
Bugesera: Imbuto n’ifumbire bihabwa abatabigenewe
Raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta umwaka wa 2019, ivuga ko mu karere ka Bugesera batanga ifumbire ku bantu batujuje ibisabwa n’amategeko. Havugwamo amakoperative…
View More Bugesera: Imbuto n’ifumbire bihabwa abatabigeneweAmakenga y’umugenzuzi : RAB yishyuye imbuto imaze imyaka ine itanzwe
Hari byinshi umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta adashira amakenga mu kigo RAB, cyane ku mitangire y’inyongeramusaruro. Raporo ye ya 2019 igaruka kuri gahunda yo…
View More Amakenga y’umugenzuzi : RAB yishyuye imbuto imaze imyaka ine itanzweMinisitiri yasabye abadepite guhita batora itegeko bitanyuze muri komisiyo,basekera icyarimwe!
Yanditswe na Karegeya Omar Kuri uyu wa kabiri, inteko rusange y’umutwe w’abadepite yongeye kwakira Minisitiri ushinzwe abakozi ba Leta n’umurimo, Rwanyindo Fanfan wabagezagaho imishinga…
View More Minisitiri yasabye abadepite guhita batora itegeko bitanyuze muri komisiyo,basekera icyarimwe!Abadepite bateye utwatsi ingingo isaba umukozi gutakambira umukoresha
Yanditswe na Karegeya Omar Ubwo hasuzumwaga umushinga w’ itegeko rivugurura sitati rusange y’ abakozi ba Leta kuri uyu wa mbere mu Nteko ishinga…
View More Abadepite bateye utwatsi ingingo isaba umukozi gutakambira umukoreshaPAC: Bimwe mu bigo byacunze nabi umutungo biratangira kwisobanura kuri uyu wa kabiri
Yanditswe na Karegeya Omar Mu gihe cy’ibyumweru bitatu, Komisiyo y’Inteko ishinga amategeko ikurikirana iby’umutungo n’imari (PAC) iraba yakira ibisobanuro by’ibigo byagaragaweho amakosa muri raporo…
View More PAC: Bimwe mu bigo byacunze nabi umutungo biratangira kwisobanura kuri uyu wa kabiriREG imaze kwishyura miliyari enye z’ibirarane by’ingurane yari ifitiye abaturage
Yanditswe na Karegeya Omar Mu mwaka w’ingengo y’imari 2019-2020, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ingufu (REG) cyari gifite amadosiye asaga ibihumbi 14 y’ibirarane by’ingurane yari ifitiye…
View More REG imaze kwishyura miliyari enye z’ibirarane by’ingurane yari ifitiye abaturageMinisiteri y’Ubutabera niyo yonyine yubahirije inama z’umugenzuzi w’imari ya Leta 100%
Yanditswe na Karegeya Omar Mu gushyira mu bikorwa imyanzuro y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta, Minisiteri y’ubutabera niyo yonyine yabigezeho 100%, naho WASAC (ikigo gishinzwe…
View More Minisiteri y’Ubutabera niyo yonyine yubahirije inama z’umugenzuzi w’imari ya Leta 100%Gatsibo: Ibyumba 97 by’isoko rya Rwikiniro byamaze gukurwaho inzugi n’abaryangiza kuko ridakoreshwa
Yanditswe na Karegeya Omar Ubwo abagenzuzi bageraga mu karere ka Gatsibo, basanze isoko rya Rwikiniro rikoreshwa igice gito, ibyumba 97 byamaze gukurwaho inzugi. Bageze…
View More Gatsibo: Ibyumba 97 by’isoko rya Rwikiniro byamaze gukurwaho inzugi n’abaryangiza kuko ridakoreshwaNyamagabe: Imodoka eshatu zapfuye n’amapikipiki 15 byaheze muri parikingi
Yanditswe na Karegeya Omar Raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta, igaragaza ko mu mwaka w’ingengo y’imari warangiye tariki 30 Kamena 2019, akarere ka Nyamagabe…
View More Nyamagabe: Imodoka eshatu zapfuye n’amapikipiki 15 byaheze muri parikingi