Hashize amezi akabakaba atandatu abanyarwanda bategereje ibyiciro bishya by’ubudehe.Byagombaga kuba byaratangajwe mu ntangiro z’ukwezi kwa karindwi ubwo umwaka w’ingengo y’imari wa 2019-2020 watangiraga ariko kugeza…
View More Ubudehe:Abategereje kurenganurwa n’ibyiciro bishya amaso yaheze muCategory: Ibibazo by’Abaturage
Inka zihabwa abakene ngo zirabagora aho kubafasha
Yanditswe na Umuhire Valentin Abakurikiranira hafi gahunda ya girinka baravuga ko inka zihabwa abaturage bakennye cyane kurusha abandi cyane cyane abo mu cyiciro cya mbere…
View More Inka zihabwa abakene ngo zirabagora aho kubafashaBugesera:Mu nka 200 zahawe abaturage RAB yabagejejeho 47 gusa
Yanditswe na Umuhire Valentin Mu nka 200 zatanzwe na Minisitiri w’Intebe w’u Buhinde, Narendra Modi ubwo yazaga mu Rwanda muri 2018, 47 gusa ni zo…
View More Bugesera:Mu nka 200 zahawe abaturage RAB yabagejejeho 47 gusaMuko :Aborojwe na HEIFER /RDDP batangiye umwaka bitura
Yanditswe na Umuhire Valentin Abaturage bo mu murenge wa Muko Akarere ka Gicumbi mu Ntara y’Amajyaruguru borojwe n’umushinga HEIFER/RDDP batangiye umwaka wa 2020 boroza bagenzi…
View More Muko :Aborojwe na HEIFER /RDDP batangiye umwaka bituraNyarugenge:Umuturage arashinja akarere uburiganya akishyuza Leta asaga miliyoni 700
Byakusanijwe na Umuhire Valentin Umuturage witwa Nyandwi Onesphore wo mu karere ka Nyarugenge ,akaba na nyir’uruganda CA-ITT Ltd. rwahoze rukora ibikoresho by’isuku mu karere ka…
View More Nyarugenge:Umuturage arashinja akarere uburiganya akishyuza Leta asaga miliyoni 700Gakenke :Barasaba ko ivugururwa ry’ibyiciro by’ubudehe ridahubukirwa
Abaturage bo mu murenge wa Janja , akarere ka gakenke mu Ntara y’ Amajyaruguru barasaba ko amavugurura agiye gukorwa ku byiciro by’ ubudehe yakoranwa…
View More Gakenke :Barasaba ko ivugururwa ry’ibyiciro by’ubudehe ridahubukirwaUrubyiruko rurasaba Abadepite gusubizaho umunani
Urubyiruko rwo mu mirenge itandukanye hirya no hino mu gihugu ruravuga ko ruhangayikishijwe no kuba rutagihabwa umunani n’ ababyeyi nkuko byari bisanzweho mu muco…
View More Urubyiruko rurasaba Abadepite gusubizaho umunaniKuvana abaturage mu manegeka bikomeje kuba ihurizo
Minisiteri y’ Ubutabazi bw’ Ibanze yatangiye kuburira abaturage batuye mu manegeka gutangira gutekereza uburyo bakwimuka ahantu hashobora kubashyira mu kaga mu gihe bigaragara ko…
View More Kuvana abaturage mu manegeka bikomeje kuba ihurizoNyarugenge: Barasaba ko gufashwa byatandukana n’ ibyiciro by’ubudehe
Muri gahunda yo gukusanya ibitekerezo byazashingirwaho mu kuvugurura ibyiciro by’ Ubudehe , bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyamirambo, akarere ka Nyarugenge barasaba…
View More Nyarugenge: Barasaba ko gufashwa byatandukana n’ ibyiciro by’ubudeheMimuri: Bararana n’ amatungo kubera gutinya abajura
Ubujura bw’ amatungo cyane cyane amagufi mu murenge wa Mimuri, akarere ka Nyagatare gihangayikishije abahatuye. Bamwe mu baturage basigaye bararana nayo. Bavuga ko muri uwo…
View More Mimuri: Bararana n’ amatungo kubera gutinya abajura