Ayinkamiye Felicitee, ni umwarimukazi uri mu kiruhuko cy’izabukuru. Yize mu iseminari nto ya Muramba yari igenewe abakobwa gusa, anigisha imyaka 42 mu mashuri y’abakobwa…
View More Mwarimu Ayinkamiye yize mu iseminari y’abakobwa, yigisha mu bakobwa imyaka 42Category: Amakuru mashya
Ruhango: Amananiza n’amayobera mu rubanza rw’abahombeje Koperative y’inyangamugayo za Gacaca
Abantu 520 bari Inyangamugayo zaciye imanza gacaca mu murenge wa Kinihira, akarere ka Ruhango bamaze imyaka igera ku icumi bahanze amaso ubutabera. Bakurikiranye uwari…
View More Ruhango: Amananiza n’amayobera mu rubanza rw’abahombeje Koperative y’inyangamugayo za GacacaRusizi : Baryohewe no gukomorerwa ingendo ariko baracyatewe urujijo n’imibare itangazwa muri iki gihe
Inama y’abaminisitiri yo ku wa gatanu tariki ya 25 Nzeli 2020 yanzuye ko ingendo rusange hagati y’ Akarere ka Rusizi n’ utundi turere zisubukurwa nyuma…
View More Rusizi : Baryohewe no gukomorerwa ingendo ariko baracyatewe urujijo n’imibare itangazwa muri iki giheUbutabera: Hari abifuza ko imanza z’abanyarwanda zabereye mu Bubiligi mbere ya 2019 zasubirwamo
Mbere ya 2019, amategeko y’igihugu cy’Ububiligi ntiyemeraga icyaha cya Jenoside, ku buryo abanyarwanda bahaburanishirijwe batigeze bagihamywa. Ibi bituma bamwe mu bagizweho ingaruka na Jenoside yakorewe…
View More Ubutabera: Hari abifuza ko imanza z’abanyarwanda zabereye mu Bubiligi mbere ya 2019 zasubirwamoCOVID19 yatumye imirimo idahemberwa ku bagore yiyongera
Kuva mu kwezi kwa gatatu 2020, ubwo mu Rwanda hagaragaraga icyorezo cya Koronavirusi, ubukungu mu ngo bwarahungabanye. Iryo hungabana ry’ubukungu ryatumye bamwe mu bagore bagira…
View More COVID19 yatumye imirimo idahemberwa ku bagore yiyongeraItangazo ryo guhindura amazina
Turamenyesha ko uwitwa HARERIMANA xxx mwene Nnyamunanage na Nyirambonimpaye, utuye mu Mudugudu wa Kaboneye, Akagari ka Rurara, Umurenge wa Mushonyi, Akarere ka Rutsiro, mu Ntara…
View More Itangazo ryo guhindura amazinaNgororero: Mudugudu yatewe ibyuma n’baturage none aryamye mu bitaro
Mu mudugudu wa Rusororo mu kagari ka Rwamiko mu murenge wa Matyazo haravugwa urugomo rwakorewe umukuru w’umudugudu wa Rusororo Tubanambazi Jean Baptiste watewe ibyuma …
View More Ngororero: Mudugudu yatewe ibyuma n’baturage none aryamye mu bitaroMusanze : Abaturage bakomeje kwinubira ihohoterwa bakorerwa n’abayobozi bitwaje COOVID-19
Abaturage bo mu karere ka Musanze barinubira ibikorwa bibi bakorerwa n’abayobozi bitwaje icyorezo cya Covid-19 aho bavugako barambiwe guhira bakubitwa ndetse bikabaviramo no n’uburwayi budakira.…
View More Musanze : Abaturage bakomeje kwinubira ihohoterwa bakorerwa n’abayobozi bitwaje COOVID-19Musanze : Umuturage aribaza icyihishe inyuma y’urubanza rw’umwana we wasambanijwe none umwaka ukaba ugiye kurangira.
Umugabo witwa Hakizimana Jean Paul utuye mu mudugudu wa Kansoro, akagari ka Kabeza, umurenge wa Nyange, akarere ka Musanze mu ntara y’amajyaruguru aribaza ibyihishe inyuma…
View More Musanze : Umuturage aribaza icyihishe inyuma y’urubanza rw’umwana we wasambanijwe none umwaka ukaba ugiye kurangira.Musanze :Imyaka irindwi irashize Perezida Kagame asabye kurenganura umuturage ntibikorwe
Imyaka ibaye irindwi Perezida wa Republika Paul Kagame asabye ko umuturage witwa Karumugabo J.Nepomuscene yarenganurwa ariko kugeza nubu ngo biracyagenda biguru ntege.Uyu muturage wo…
View More Musanze :Imyaka irindwi irashize Perezida Kagame asabye kurenganura umuturage ntibikorwe